Imbuga zemewe
zikoresha
.gov.rw
A .gov.rw website belongs to an official Government of Rwanda institution or public authority.
Umutekano w’itumanahohttps://
A lock icon (🔒)
or
https://
means you are securely connected to an official .gov.rw website.
Only share personal or sensitive information on trusted, secure government websites.
RFI ifite inshingano yo guha abakiliya bayo serivisi z’ibimenyetso bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga bikoreshwa mu butabera, yaba mu baturage,ibigo bya leta,ibyigenga,imiryango itegamiye kuri leta yaba mu Rwanda cyangwa mu mahanga.
Inshingano
RFI ifite inshingano yo guha abakiliya bayo serivisi z’ibimenyetso bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga bikoreshwa mu butabera, yaba mu baturage,ibigo bya leta,ibyigenga,imiryango itegamiye kuri leta yaba mu Rwanda cyangwa mu mahanga.
Icyerecyezo
RFI ifite icyerekezo cyo kuba ikigo kizwi kandi gikomeye ku rwego Mpuzamahanga kandi ikigo cy’icyitegererezo mu karere no muri Afrika mu bijyanye na serivisi z’ibimenyetso bya gihanga bikoreshwa mu butabera.RFI hahangwa udushya kandi himakazwa amahame y’ubuziranenge Mpuzamahanga.