Skip to main content Skip to page footer
Urubuga rwemewe rwa Leta y’u Rwanda

Inshingano,icyerecyezo n’indangagaciro byacu

RFI ifite inshingano yo guha abakiliya bayo serivisi z’ibimenyetso bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga bikoreshwa mu butabera, yaba mu baturage,ibigo bya leta,ibyigenga,imiryango itegamiye kuri leta yaba mu Rwanda cyangwa mu mahanga.

Inshingano

RFI ifite inshingano yo guha abakiliya bayo serivisi z’ibimenyetso bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga bikoreshwa mu butabera, yaba mu baturage,ibigo bya leta,ibyigenga,imiryango itegamiye kuri leta yaba mu Rwanda cyangwa mu mahanga.

Icyerecyezo

RFI ifite icyerekezo cyo kuba ikigo kizwi kandi gikomeye ku rwego Mpuzamahanga kandi ikigo cy’icyitegererezo mu karere no muri Afrika mu bijyanye na serivisi z’ibimenyetso bya gihanga bikoreshwa mu butabera.RFI hahangwa udushya kandi himakazwa amahame y’ubuziranenge Mpuzamahanga.

Indangagaciro z’ingenzi

  • Ubunyangamugayo
  • Kutabogama
  • Indashyikirwa
  • Ubunyamwuga
  • Ubufatanye